Kuri uyu wa Mbere inzego z'umutekano z'u Rwanda zirimo Ingabo na Polisi, zatangiye ibikorwa bigamije iterambere n'imibereho ...
Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje guhuruza amahanga ngo afatire u Rwanda ibihano, bukaba bwaragaragaje ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kwiga amateka y’u Rwanda kugira ngo ruyavomemo iby’ingenzi byarufasha kubaka u ...
Abanyarwanda bavuga ko baterwa n’ishema n’ibikorwa by’Ingabo na Polisi mu iterambere n’imibereho myiza y’abaturage, nyuma y’inshingano zo gucunga umutekano no kurinda Igihugu. Ni mu gihe ku wa Mbere ...
Abahinzi b’ibitunguru bo mu Karere ka Burera, barataka igihombo batewe no kuba barabuze isoko ry'umusaruro wabo. Ni ibitunguru byeze ku bwinshi, aho ubu ikiro cyabyo kirimo kugurwa amafaranga 150 Frw.
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n'Umunyamakuru wifashisha urubuga rwa X, Mario Nawfal, yagarutse ku nzira asanga zakemura ibibazo by’umutekano muke mu Karere, ku ikoreshwa ry’inkunga ihabwa ...
一些您可能无法访问的结果已被隐去。
显示无法访问的结果